Ndashimira abavandimwe basura urubga rwange ndetse nkaba nejejwe nokubamenyeshako kubikorwa byaccu hiyongeyemo gukora amakara m'ibishingwe.uwo mushinga nkaba narawutangiye kuwa 15/10/2012.bityo nkaba nashishikariza ababyifuza ko baza gusura ibyo bikorwa.Tubakesha byinshi ;inama zanyu ningirakamaro Ndangije mbashimra Murakoze Ndakorera mukarere ka Gatsibo kabarore munsi y'inderabuzima k'agaseke
Nejejwe nokongera kuganira namwe mu sura urubuga rwacu.nkimara kumva amakuru ya gahunda ya hanga umurimo yategu we na Minicom nayitabiriye nibyishimo byinshi. nayikoreye m'Akarere ka Gatsibo na Kayonza ariko igishimishije nuko hose natsinze, bikabangombwa ko nihitiramo ahonshaka binyereka agaciro k'umushinga wange
Hari ibyanejeje Urubyiruko n'abandi bagenzi bange baje kungisha inama bose
bakimara kwitabira Hangumurimo bose bara tsinze kugeza ubu bakaba biteguye guta ngira amahugurwa yo kwiga guko ra umushinga
Nkaba mboneyeho umwanya wokumenyesha abantu bifuza kugura imigabane muri
Entreprise NEW Colour nikaribu
Mwahamagara kuri telephone 0785400065/0727035282
Ndangije mbifuriza amahoro n'amahirwe
Mbanje gushimira mwe musuye urubuga rwacu kuwa 16,01,2012nejejwe nokubamenyesha ko aribwo twinije ibihangano byacu munzu twahawe na Minicom. iyonzu iri impande ya semicher mu karere ka Nyarugenge.nkaba mboneyeho umwanya wogushishikariza ababyifuza ko baza kwihahira ndetse nokureba ikoranabuhanga aho rigeze mugihugu.ndangije mbifuriza umwaka mushya muhire wa 2012 murakoze





