nejejwe nogusuhuza mwe musuye urubuga rwacu ,kuwa 10,08,2011twagiye m'imurikagurisha ryintara y' iburasira zuba,nubwo hari mugihe cy'imvura ariko ryagenze neza kuko ibyo twajyanye byaguzwe ndetse tugatumizaho n'ibindi.kuwa12,08,2011nanabonetse m'imurika gurisha ryateguwe n'akarere ka cyicukiro nabonetsemo nkumugenerwa bikorwa wa DOT RWANDA mpamyako uyu mwaka nawusoje neza kandi undi nawo ukaba utangiyeneza
Nejejwe namwe musuye ururubuga kd mbizezakoturi kumwe umunsi kuwundi.Murwego rwo kwagura ibikorw nifuje kwakira abifuza kwiga gukora irangi.basabwe kuba bubahirije ibibikurikira kuba utarengeje imyaka 35 kuba utari hasi ya18 kuba ufite ubushobozi bwokwishyura amafaranga 40.000 abaziga aha bazanakomeza mukazi bahembwa Ndangije mbashimi ra ubwitabire
Nejejwe nokubona umwanya wo kubagezaho am akuru mashya.kuwa24/08/2011 twitabiriye gahunda yimurika bikorwa ry'Akarere ka Kayonza.ariko nanejeje nuburyo ryitabiriwe kandi rikaba m'umutuzo.Nahoranaga ikibazo kuko namenywaga nabatu banyegereye cyangwa abambonye mumamurika gurisha yohirya nohino. kujya m'amapiganwa yabugufi byo bikambera ikibazo.Muriri Murikagurisha naboneyemo igisubizo cyibyo nibazaga kuko aho ntabashaga kugeza ubutumwa nabuhagejeje kandi nkamenya n'uburyo irange ryange rikunzwe.Mubushakashatsi nakoze nabonyeko m'isaha nibura nakiraga abantu25 kuko banyuzwe cyangwa banejejwe n'irangi ryabonetse hafi yabo kandi kugiciro gito bagatwara nimero yanjye abandi tukavugana uko baza njya barangura Ndangije nshimira abasura ururubuga.kandi mbamenyeshako inamazanyu zikenewe
New color Iwacu Heza yahawe umudari w'ishimwe na Minisiteri y'ubucuruzi n'inganda y'u Rwanda.

