Asili (Kinyarwanda) | English |
---|---|
Nitwa NTEZIRYAYO jean Paul navutse 1982 mukarere ka Gatsibo umurenge wa kabarore.natekereje gukora amarange ubwo nabonaga ikibazo cyisuku ari ingora bahizi yagurwaga nabifite gusa ugasanga abatishoboye ntibaba ahantu heza .kuva ubwo natekereje uko nakora irange ntangira kujya mubushakashatsi.hari 2006haribyinshi byangiritse ,kuko uwo nabwiraga ko nkora irange yaransekaga .nkamusigira kubusa kugirango yemere ko ari irange.nkimara gusiga niwe wangeneraga kuko anejejwe nuko aribonye.2008 nibwo nagiye m'imurikagurisha ryabereye Ngoma kuwa 21/72008 nakunze gukorera cyanecyane iburasirazuba 2010nitabiriye imurikagusha ryabereye mukarere ka kayonza kuwa 17/7/2010 nabonyeko ari nangombbwa gukorera muri kayonza 2010natangiye gukorera muri kayonza munzu y'abanyamyuga n'abanyabukorikori 2011ninjiye m'amarushanwa yateguwe na Minicom,ndetse nabonetse muri expo yabereye kuri pet sitde iremera . Twasoje mpawe umudari wazahabu na Minister w'ubucuruzi n'inganda Ntibyasorejwe aho gusa kuko nahawe n'impamyabumenyi ,mubijyanye na Bissines nyihabwa n'Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y'ubucuruzi ninganda Nongeye guhabwa impamya bumenyi Mubijyanye n'ubucuruzi n'ikorana buhanga muri Programya dot Rwanda .kugeza ubu mpamyako ngiye kwakira abana batari hasi y'imyaka 18 kandi abatarengeje imyaka 38nkabigisha kandi nkabaha akazi muri gahunda y'iyagura bikorwa .nteganyako muri Rurindo/Ruhuha ya Bugesera Rwimiyaga mumutara /Nyakarambi ya Kirehe.aho hose ndahamya ko 2012 mukwezi kwa gatatu hazaba hariabakozi5bahoraho |
(Bila tafsiri) |
Ili kuhariri tafsiri, lazima ufungue. Fungua · Jiandikishe