Envaya

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abacukuzi b’amabuye y’agaciro intara y’amajyaruguru Bwana Placide Gaju.

- Kubaka imihanda ndetse banasana iyangiritse.

-  Ubuvugizi(abashoramari na Leta)

-  Kubaka amashuri y’incuke (buri company ikubaka ishuri rimwe)

-  Gukora imihanda(yangiritseiri mu mbago za buri company)

-  Pipiniere mu rwego rwo kurengera ibidukikije(buri company igomba kugira pipiniere)

-  Gukora ikipe y’umupira w’amaguru mu rwego rw’imyidagaduro

-  Kubaka ishuri ry’ikitegererezo mu ntara y’amajyaruguru rishinzwe guhugura abantu ku bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

-  Gutanga umusanzu mu Gaciro Development Found

-  Gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bw’umwuga

-  Kugerageza kumenyekanisha ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bw’indirimbo

-  Guharanira ko ubucukuzi bugira ingaruka nziza (ku baturage batuye aho bukorerwandetse bukazamura igihugu). Ati “HARAGEZE KO HABA IMPINDUKA MU BUCUKUZI BW’AMABUYE Y’AGACIRO KANDI ABISHYIZE HAMWE NTAKIBANANIRA”

August 6, 2013

Add a comment

Your name:
Your location:
Your email:
(optional)
Your email address will not be published.