Envaya

Guteza imbere ibikorwa by'ubworozi bw'amatungo magufi, no kwita ku mibereho myiza y'abanyamuryango

Amakuru agezweho
Koperative Ubumwe Batsinda yashyizeho Amakuru agezweho.
merci claude inama uduha ziratwubaka, iyi mibare ntabwo twaritwayikoze , ariko ubu igitekerezo cyawe nicyo turi gukora kitangirana n'ukwizi kwa cumi na kumwe
14 Nzeli, 2011
Koperative Ubumwe Batsinda yongeyeho 3 Amakuru agezweho.
umukozi wa koperative aha inkoko ibiryo
23 Kanama, 2011
Koperative Ubumwe Batsinda afite ikiganiro kuri ni gute koperative yafasha abanyamuryango iboroza inkoko.
olivier: ndagirango duhane ibitekerezo byuko twakoroza inkoko abanyamuryango
23 Kanama, 2011
Koperative Ubumwe Batsinda hari ibyo yahinduye kuri Amateka paje.
Kobuba yashinzwe ku itariki ya 23 Gicurasi 2010, ishingwa n'abanyamuryango 123.
23 Kanama, 2011
Koperative Ubumwe Batsinda hari ibyo yahinduye kuri Imishinga paje.
Ubworozi bw'inkwavu n'ubworozi bw'inkoko
23 Kanama, 2011
Koperative Ubumwe Batsinda yongeyeho 2 Amakuru agezweho.
Inzu Koperative yororeramo inkoko
22 Kanama, 2011
Ibyiciro
Aho uherereye
Kigali, Umujyi wa Kigali, Rwanda
Reba ibigo mwegeranye